in

England yahaye isomo rya ruhago North Macedonia maze Bukayo Saka nawe yandika amateka

Ikipe y’igihugu y’u Bwongereza yaraye ihaye isomo rya ruhago ikipe y’igihugu ya North Macedonia maze umukinnyi ukiri muto cyane mu myaka Bukayo Saka ayandikiraho amateka.

Rutahizamu w’ikipe ya Arsenal yo mu gihugu cy’u Bwongereza Bukayo Saka w’imyaka 21 y’amavuko yaraye yitwaye neza mu mikino ya Euro Qualifiers ubwo ikipe ye y’igihugu yatsindaga North Macedonia ibitego birindwi byose ku busa.

Bukayo Saka yabashije gutsinda ibitego bigera kuri bitatu muri uyu mukino akaba yari abikoze bwa mbere mu ikipe ye y’igihugu ndetse bikaba byanatumye uyu musore atorwa nk’umukinnyi mwiza w’umukino.

Abakinnyi batsindiye ikipe y’igihugu y’u Bwongereza ni Harry Kane ku munota wa 29′,73′, Bukayo Saka 38′,47′,51′, Marcus Rashford 45′ na Phillips ku munota wa 64 w’umukino.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Gasabo: Babanje gutekera urumogi bararuhaga! Abagabo bishe urw’agashinyaguro wa mwana wasanzwe yapfuye yanakuwemo amaso, bavuze ko bamwishe bamaze guhaga urumogi ndetse ko banamwicishije amabuye

Umukobwa yashakanye na Papa we abimenya ari uko bamaze kubyarana abana 2 bose