in

Dore umusimbura wa Shaddy Boo na Yolo The Queen! Keys niwe mu Slay Queen ugezweho i Kigali – AMAFOTO

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje guhererekanwa amafoto n’amashusho y’umukobwa w’uburanga n’ikimero kidasanzwe witwa Barbie Keys bivugwa ko ariwe mwamikazi w’aba Slay Queen ugezweho.

Keys ukurikirwa n’abantu bagera ku bihumbi 38 ku rukuta rwa Instagram, amafoto ye ndetse n’amashusho amugaragaza ari gukaraga umubyimba akomeje kuvugisha abatari bake doreko nawe ubwe avuga ko ariwe mu Slay Queen ugezweho kandi ko ari mu bintu akunze.

Keys ashobora kuba ari we ugiye gutwara ikamba ry’Ubwamikazi mu Rwanda ry’umukobwa utigisa imbuga nkoranyambaga kurusha abandi. Iri kamba rimaze igihe rifitwe na ShaddyBoo ndetse na Yolo The Queen.

Reba amafoto ya Barbie Keys aho hasi

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Dore ibintu 8 uzarinda upfa utarabona” uru rutonde rwateje impaka nyinshi kubera amazina aruriho

Amashusho ya Bwiza ari kumwe n’undi musore mu murima bambaye imyambarire iri kwibazwaho cyane akomeje gutigisa imbuga nkoranyambaga – VIDEWO