in

dore uko byari bimeze Ikipe ya Vipers igeze mu rwanda

Ikipe ya Vipers yo mu gihugu cya Uganda yamaze gusesekara mu rwanda aho ije kwifatanya na Rayon Sports ku munsi mukuru wa Rayon.Iyi kipe yatwaye Shampiyona yo muri Uganda, yageze ku Kibuga cy’Indege i Kanombe saa saba n’iminota makumyabiri.

Umutoza wahoze atoza ikipe ya Rayon Sports Robertihno, yavuze ko yari akumbuye umurindi w’abareyo ndetse ko yari akumbuye mu rwanda.

Ati “Mu Rwanda ni mu rugo ha kabiri, nari nkumbuye abafana ba Rayon Sports twagiranye ibihe byiza. Buri gihe nibuka igitego Sarpong yatsinze kuri penaliti ndetse n’amashyi yabo ya ’Huuuu’

umunsi mukuru wa Rayon uzaba ku wa 15 Kanama 2022,  hakaba hazaba ibikorwabyinshi ko kumurika imyenda bazakoresha, kumurika abakinnyi bashya, ndetse no gukina na Vipers itozwa na Robertinho.

umurindi w’abafana wari wose ndetse haba ku kibuga ndetse no mu nzira, iyi kipe yari yishimiwe cyane.

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Birangiye Dore imbogo ahuye n’ibibazo bikomeye cyane

Mushiki wa Cristiano yatutse perezida wa Real Madrid karahava kubera kwanga guha akazi Ronaldo