in

Ibintu 8 bituma usaza imburagihe kandi imyaka yawe ari mike

 

Hari byinshi dukora gusa tutazi ingaruka zabyo, kandi nanone dukunda gukoronizwa n’ibintu byinshi tukaba imbata zabyo kuburyo kubyikuramo bitugora cyane,kandi usanga ibyo dukunda bidukoroniza arinabyo bituma dusasaza imburagihe.

 

Ibi nibyo bituma abantu benshi basaza imburagihe

1.kutabona umwanya uhagije wo kuryama.

2.gukoresha telefone cyangwa mashine amasaha menshi kurusha ayo uruhuka.

3.kuryama utikuyeho makeups witeye

4.kunywa itabi

5.kunywa alcohol nyinshi

6.kudakora siporo

7.kubura amazi ahagije mu mubiri

8.kubura indyo yuzuye mu bwana bwawe.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon Sports irahabwa amahirwe yo gutsinda urugamba ihuriyemo na AS Kigali ikegukana rutahizamu w’igihangange

Mugore mwiza! Korera ibi umugabo wawe mu gihe imvura izindukiye ku muryango