in

Mugore mwiza! Korera ibi umugabo wawe mu gihe imvura izindukiye ku muryango

Muri iki gihe turi mu bihe by’imvura, abantu benshi bagorwa no kubyuka kugira ngo bajye mu kazi kuko haba hari ubukanje bwinshi ndetse n’umubiri uba ukubwira ko ugomba kwiryamira.

Ku bagabo, baba bashaka kwitabwaho mu buryo budasanzwe n’abagore babo, gusa abagore ntibamenya uko bita ku bagabo babo. Muri iyi nkuru tugiye kukwereka uburyo ushobora kwita ku mugabo wawe.

Mutekere

Niba habyutse hari akavura, byuka utekere umugabo wawe aho wamutekera nk’icyayi cyangwa ukamusongera ubugari kuko benshi babukunda mu kabeho.

Mushyuhirize amazi yo koga

Kuko haba hari imbeho hari igihe umugabo ashobora kumva atakikoza amazi akonje gusa iyo uyamushyuhirije bituma atinyuka. Aha ni kubadafite ibyuma biyashyushya.

Mumfumbate

Aha niho umugabo aba akeneye cyane umugore we kuko umubiri we uba wakonje cyane bityo rero bisaba ko umwegera kugira ngo ashyuhe.

Muri koreshe siporo

Niba mu rugo hari ibikoresho bya siporo, ushobora kumukangura mu kinyabupfura mu akabyuka mugakora siporo, mu gihe ntabihari ushobora kumukinisha umukino wo kwiruka, aho umusaba ko nagufata uraza kumuhemba. Ikindi mwakoresha ni nko guterana imisego kuko burya umubiri uba uri gukora.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibintu 8 bituma usaza imburagihe kandi imyaka yawe ari mike

Imana irebera u Rwanda ntihumbya! CAF yamaze gusubiza u Rwanda idukiza Benin yari yigize ibamba