in ,

Cristiano na Messi ntibakiri abakinnyi bahenze mu mupira w’amaguru, reba hano uwabasimbuye

Nkuko bimenyerewe buri gihe iyo amashampiyona ku mugabane arangiye, ndetse n’isoko ry’igura nigurishwa rigatangira, ikinyamakuru Skysport kibinyujije mu ishyirahamwe ry’abanyamakuru bandika kuri Sport ku mugabane w’uburayi bakora urutonde rw’abakinnyi icumi ba mbere bahenze ku isi. Gusa kuri ubu abakinnyi b’ibihangange ku isi Cristiano Ronaldo ndetse na Lionel Messi ntibakiyoboye uru rutonde bitewe nuko imyaka yabo iri kugenda isatira myinshi mu mupira w’amaguru kandi hakaba hari abana bari kubyiruka bagaragaza impano zidasanzwe kandi bagifite imyaka mike. Uru rutonde rukaba ruyobowe n’ umunya Brasil Neymar Junior dos Santos. Dore urwo rutonde uko rwakurikiranije aba bakinnyi:

Urutonde rw'abakinnyi ba mbere bahenze ku isi
Urutonde rw’abakinnyi ba mbere bahenze ku isi

Kuri ubu umukinnyi Kylian Mbappe Lottin uri gushakishwa n’amakipe akomeye menshi yashyizwe ku mwanya wa 18 ku kayabo ka Miliyoni 92 z’amayero.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Drake yongeye kuryamana n’undi mukobwa mushya nyuma y’igihe gito atandukanye n’undi

Umugore wa Tom Close akomeje kumuhamiriza ukuri ko ari “RUDASUMBWA”