in

Clarisse Karasira ‘Mama Kwanda’ yongeye gushimangira ko ari umubyeyi ushima Imana(wakwibaza ngo yabishimangiye ate?)

Clarisse Karasira ‘Mama Kwanda’ yongeye gushimangira ko ari umubyeyi ushima Imana(wakwibaza ngo yabishimangiye ate?)

Clarisse Karasira uhorana amashimwe ko yarokotse ubukobwa mu mahoro yatanze intashyo ku banyarwanda yifashishije ibyahumetswe byera byo muri Bibiliya.

Kuri ubu Clarisse Karasira n’umugabo we babyaranye umwana umwe ndetse nk’uko bagenda babigaragaza ni umuryango wishimye ndetse ushima n’imana nk’uko yabitangaje.

Karasira abinyujije kuri Instagram ye yagize ati: “Umubyeyi ushima Imana arabatashya bakundwa, ndabatahisha zaburi y’118:1: “Nimushime uwiteka ko imbabazi ze zihoraho iteka.

Mu gusoza ubutumwa bwe yabusoje yifuriza Amahoro abamukunda n’abanyarwanda muri rusange.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yari kuba yarapfuye, hamenyekanye icyari kwica umuhanzi Omah Lay

“Ntako meze inzoka zo munda zahagaze umutima wabaye pararize” Umugabo yahuye nuruva gusenya ubwo yafatwaga ari guca inyuma umusirikare (video)