in

Clapton Kibonke ahuye n’uruva gusenya ubwo yihandagazaga agatanga ubutumwa avuga ko agiye gutangira kujya muri Gym

Clapton Kibonke ahuye n’uruva gusenya ubwo yihandagazaga agatanga ubutumwa avuga ko agiye gutangira kujya muri Gym.

Umunyarwenya Mugisha Emmanuel w’ubatse izina nka Clabton Kibonke yahawe urwamenyo ubwo yihandagazaga akavuga uburyo agiye kuyoboka Gym kubera impamvu ze bwite.

Abinyunjije kurukuta rwe rwa Instagram yagize ati”mu cyumweru gitaha ndatangira kujya muri Gym kuko mfite impamvu ibinteye.”

Akimara kwandika ibi abamukurikirana nabo ntibatanzwe kugira icyo babivugaho, ubwo bamwibasiraga bavuga ko yumvishe ikiganiro cyitwa tinyuka urashoboye kinyura kuri RTV  n’ibindi.

Izi ni comments bavuze ku gitekerezo cye ubwo bamwibasiraga.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Burya afite umugore w’ikizungerezi n’abana bakuru! Nawe Ihere ijisho amafoto y’abagize umuryango wa Jimmy Gatete

Impaka zikomeje kuba zose kuri Byiringiro Lague ukomeje gushinjwa Uburara ndetse n’ubusinzi, impamvu ibyihishe inyuma yatahuwe