in

Cardinal Antoine Kambanda wa Kiliziya Catholique yahaye impano Israeli Mbonyi

Ijoro ryo ku cyumweru cya pasika rishyira ijoro ryo kuri uyu wambere, nibwo habaye igitaramo gikomeye cyo kwizihiza pasika, kiswe “Ewengalie celebration” cyateguwe n’umuryango wa Bibiliya mu Rwanda BSR, mu rwego rwo gutera inkunga Bibiliya.

Muri iki gitaramo hatumiwemo abahanzi batandukanye banejeje abitabiriye iki gitaro. muri abo bahanzi batanze ibyishimo na Israeli Mbonyi yari arimo.

Nyuma yo kunezeza abitabiriye iki gitarmo Caridinal Antoine Kambanda Arkiyepiskop wa diyoseze ya Kigali, yashimiye Israel Mbonyi kubwo gukoresha impano yahawe n’Imana akageza kure ivugabutumwa ryiza. Ubwo kandi yamushimiraga yamuhaye Impano ya Bibiliya.

Israeli Mbonyi nyuma yo guhabwa iyi mpano yatangaje ko yishimiye bikomeye impano ahawe na Caridinal Antoine Kambanda.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Muhazi United y’abakinnyi 10 yahagamye APR FC mu mukino wa Shampiyona

“Davis D bashobora kumuroga kubyimba ubugabo!” Umurundi yahigiye ko byanze bikunze Davis d azicuza ubugome yamukoreye