in

Byari amarira n’agahinda ubwo umurambo wa Christian Atsu wakirwaga gitwari muri Ghana_ AMAFOTO

Umunya-Ghana Christian Atsu wakinnye umupira w’amaguru mu makipe atandukanye muri Premier League arimo Chelsea, Newcastle United na Everton ariko akaza kwitaba Imana azize umutingito wibasiye Turkey.

Christian Atsu witabye Imana ku myaka 31  Nyuma y’uwo mutingito watwaye ubuzima bw’abantu benshi ari naho Christian Atsu yaburiwe irengero ariko nyuma y’iminsi 11 ashakishwa baza gusanga atagihumeka umwuka w’abazima.
Ubwo umurambo wa Atsu wavanwaga muri Turkey

Mu ijoro rya keye ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kotoka giherereye mu murwa mukuru wa Ghana nibwo umurambo wa Christian Atsu wahagejejwe wakirwa gitwari ndetse unashyirwaho ibendera ry’igihugu mu kumuha icyubahiro.

Amarira yari yose kubaje kwakira umubiri wa Atsu

Ubwo indege ya Turkish airlines yageraga ku kibuga cy’indege cya Kotoka
Umurambo wa Christian Atsu wakiriwe gitwari

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hari gutabarizwa umwana w’ibyumweru bitatu wavukanye umwenge ku mutima ukeneye ubufasha ngo abagwe

Ifoto y’umusore ari gukandakanda amabuno y’umukobwa yatumye bamwe bavuga n’akarimurori(ifoto)