in

Byarangiye Ojera yemeye amamiliyoni yahawe! Rutahizamu Joackiam Ojera yafashe umwanzuro wa kigabo atera umugongo ikipe ye maze ashyira umukono ku masezerano mu ikipe yifuzwagamo

Rutahizamu Joackiam Ojera ukomoka muri Uganda, yafashe umwanzuro wa kigabo maze atera umugongo ikipe ye nyuma yo guhabwa miliyoni nyinshi kugira ngo asinye.

Nyuma y’umunsi umwe gusa, Joackiam Ojera avuye kurangizanya n’ikipe ye ya URA FC y’iwabo muri Uganda yari yaramutije muri Rayon Sports mu mwaka w’imikino wa 2022-2023.

Nyuma yo kubona urukundo rudasanzwe yeretswe n’abafana ba Rayon Sports, Ojera yahisemo gufata miliyoni 20 Frw maze asinyira Murera igiye kingana nk’umwaka umwe.

Bidasubirwaho Ojera ni umukinnyi wa Rayon Sports mu gihe cy’umwaka umwe, kuko yari amaze iminsi ari kurangizanya na URA FC yari yamutije muri Rayon Sports.

Bivugwa ko muri miliyoni 20 Ojera yahawe, yahayeho URA FC miliyoni 5Frw maze yemera kumurekura.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibikorwa bye birivugira! Indirimbo zibihe byose zatumye nyakwigendera Junior Multisystem arara adasinziriye

Urukiko rwasanze igifungo cya burundu kidahagije! Mukase wa Akeza wari ukurikiranwaho kwica uyu mwana wasubiyemo indirimbo ya Meddy, yakatiwe urumukwiye