in

Byagoranye ko bakinnyi 2 ba Rayon Sports binjira mu bwato kubera gutinya amazi

Abakinnyi babiri ba Rayon Sports bakomoka hanze y’u Rwanda, byasabye imbaraga kugira ngo binjire mu bwato.

Kuri uyu munsi nibwo Rayon Sports yatembereye mu bwato aho bari bari mu rugendo mu karere ka Karongi.

Ubwo bajyaga mu bwato, abakinnyi babiri: Moussa Camara na Onana batinye kujya mu bwato gusa baje gutinyuka, babujyamo.

Nk’uko byatangajwe n’umuyobozi w’abafana ba Rayon Sports, Jean Cloude yabwiye Radio Rwanda ko Camara na Onana bari batinye kujya mu bwato.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu mafoto 10, dore abakinnyi ndetse n’ubuyobozi bwa Rayon Sports bari gutembera rwa gati mu kiyaga cya Kivu

Italiki yo gusezera kuri Costa Titch yatangajwe