in

Bwiza akoze agashya yereka Harmonize ko ntacyo amurusha

Ni igihe kitari kinini umuhanzi Harmonaize ajye mu Rwanda akahakora udutendo twinshi, mu byo yakoze yageze mu mujyi anyanyagiza iza bitanu mu baturage bari bahari.

Ubu bwiza yamweretse ko ntacyo amurusha nawe akora nkibyo yakoze, bwiza nawe yageze mu mujyi, abikura umushandiko w’izumutuku gusa gusa, arangije azinyanyagiza mu baturage.

Ibi yabikoze ubwo yari munzira yigira muri gahunda ze, ageze aho ava mu modoka abantu baramushagara.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uwabaroze gupfusha ntiyakarabye, Umwana wa Kizz Daniel ntakiri kuri iyi si

“Bamwe barangayaga abandi baranutse cyane” Wa mukobwa wagaragaye mu ndirimbo ya Juno Kizigenza yatangaje ibintu byinshi byamuvuzweho abantu batigeze bamenya