in ,

Bwa mbere hatangajwe ikipe Lionel Messi azerekezamo

Nyuma yo gutandukana na PSG,  hatangajwe ikipe kizingenza Lionel Messi azerekezamo mu mwaka utaha w’imikino.

Bigitangazwa ko atazasinya andi masezerano muri Paris Saint Germain, hatangajwe ibihuha byinshi bivuga amakipe azerekezamo,  gusa birangiye uyu mugabo w’imyaka 35 yerekeje muri Leta zunze ubumwe za Amerika.

Nk’uko umunyamakuru Guillem Balague dukesha iyi nkuru yabitangaje,  Lionel Messi yafashe umwanzuro wo kwerekeza mw’ikipe ya Inter Miami.

Iyi kipe ikaba ari iy’umugabo wakanyujijeho muri ruhago, David Beckam ndetse ikaba itozwa na Phil Neville bahoze bakinana muri Manchester United.

Written by N¥AWE

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. :+250 789 079 952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Arigendeye: N’Golo Kante wakunzwe na benshi ntakiri umukinnyi wa Chelsea

APR FC yamaze kumvikana n’umukinnyi ukomeye cyane wa mbere w’umunyampahanga