in

Burya nta byera ngo de:Diamond Platnumz yashatse kwiyahuza uburozi ngo apfe.

Umuhanzi w’icyamamare muri Tanzania, Diamond Platnumz, yatangaje ku rugamba rwe n’ibitekerezo by’uburyo yashatse kwiyahura ngo ave ku isi.

Umuyobozi mukuru wa Wasafi Records yavuze ko yigeze kuba mu bihe bikomeye cyane kandi atekereza kwiyahura inshuro nyinshi.Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru rya Wasafi, Diamond yavuze uburyo yashakaga kwiyahura kubera ibibazo yahuye nabyo mu buzima.

https://www.instagram.com/p/CKR9MZEJ8DM/?igshid=1xqgg311hgn8v

Ati: “Nanyuze mu bintu byinshi byatumye nshaka gufata uburozi. Nabwiye umuntu ko nshaka kwiyahura, gusa nsanga niba mfashe uburozi noneho abantu bazakomeza kuvuga. Nahisemo guhangana n’ikibazo. ”

Diamond yakomeje avuga ko adakunda kujya mu mirwano cyangwa kugirira inzika abantu kuko akunda amahoro yo mu mutima.

Ati: “Ntabwo nkunda imirwano, ntabwo nkunda kugirira inzika abantu. Icyo gihe, hari ikintu cyambabaje rwose. Urabizi, Nkunda kubana mu mahoro n’abantu- niyo mpamvu ikipe yanjye ya WCB, mbana nabo nk’umuryango, ”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

NDUMIWE KOKO:Wa mugabo wamamaye mu Rwanda asenga mu buryo budasanzwe asekeje abantu|Yari yarabaswe n’inzoga|Afite abana umunani.

Zlatan Ibrahimovic yasutse amarira imbere y’abanyamakuru kubera umwana we (VIDEO)