in

Burya koko ibibazo bigwira abagabo abagore bigaramiye! Hamaze gusakara inkuru itari nziza ku bakunzi b’ikipe ya Arsenal FC yo mu gihugu cy’u Bwongereza 

Burya koko ibibazo bigwira abagabo abagore bigaramiye! Hamaze gusakara inkuru itari nziza ku bakunzi b’ikipe ya Arsenal FC yo mu gihugu cy’u Bwongereza.

Ikipe ya Arsenal FC yo mu gihugu cy’u Bwongereza ikunzwe na benshi ku Isi ndetse benshi bakaba bayishyira mu majwi y’uko ari mwe mu makipe ahabwa amahirwe yo kwegukana Premier League gusa ubu isosi yayo isi nk’iyaguyemo inshishi.

Myugariro mushya w’umuhanga cyane wari ngenderwaho muri Arsenal Julien Timber agiye kumara igihe cy’amezi atandatu adakandagira mu kibuga nyuma yo kugira imvune yo mw’ivi akaba ari igihombo gikomeye cyane kuri Arsenal FC ndetse n’abakunzi bayo kubera ko uyu musore yari yitezweho gufasha iyi kipe byinshi.

Julien Timber ugiye kumara amezi 6 hanze y’ikibuga nyuma yo kugira imvune yo mw’ivi.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Burya koko abakoresha imbuga nkoranyambaga amaso yabo abona byinshi!” Umunyamideli Bianca yifashe aha abantu barenga ibihumbi 110 ibintu bihabwa umugabo bigasiba undi -AMAFOTO

Umutesi Uwase Magnifique yiteguye kwegukana igikombe mu irushanwa ryo kwiruka rizabera mu turere 2 hano mu Rwanda