in

Bruce Melodie yagize icyo avuga nyuma y’uko abantu bamubonye acigatiye indabo yagiye kwakira Kizz Daniel

Nyuma yo kuba igitaramo ku mbuga nkoranyambaga Bruce Melody yagize icyo abwira abantu bamwi basiye.

Ku wa gatandatu nibwo Bruce Melody yagaragaye ku kibuga k’indege acigatiye indabo aho yari yagiye kwakira icyamamare muri muzika, Kizz Daniel.

Bruce Melody abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yashyizeho amashusho ari ku rubyiniro maze arenzaho amagambo agira ati: “Erega ntawabuza impala gucuranga. Niyo zaba zifite amawuwa.”

Bruce Melodie ni umuhanzi ukomeye mu Rwanda nyuma kubiharanira mu gihe kitari minsi y”imyaka igera ku icumi.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyo abafana ba Rayon Sports bakoreye umunyamakuru Anta Biganiro byatumye yenda gusuka amarira (Videwo)

Ish Kevin yateye ikirenge mu cya Niyo Bosco na Kenny Sol