in

Ish Kevin yateye ikirenge mu cya Niyo Bosco na Kenny Sol

Umuraperi Ish Kevin yunze murya Kenny sol na Niyobosco yanga gutarama kubwo kutishyurwa.

Umuraperi Ish kevin yanze gutaramira abafana i Musanze mu iserukiramuco rya Nyega Nyega kubwo kutishyurwa nkuko byari mu bwumvikane bari bagiranye.

Mu itangazo uyu muraperi ashyize hanze yagaragaje ko abateguye iri serukiramuco bananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye bituma gutarama abihagarika nkuko bagenzi be barimo Kenny Sol na Niyo Bosco babigenje.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bruce Melodie yagize icyo avuga nyuma y’uko abantu bamubonye acigatiye indabo yagiye kwakira Kizz Daniel

Rwatubyaye Abdul yavuze byinshi agiye gukorera Rayon sport nka kapiteni mushya