in

Breaking News: Rutahizamu wakiniraga Rayon Sports yamaze kubona ikipe nshya yo hanze y’u Rwanda

Rutahizamu wakuniraga Rayon Sports mu mwaka ushize, Manace Mutatu yamaze gusinya mu ikipe nshya y’iwabo muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo.

Manace yamaze gusinya amasezerano y’umwaka umwe muri Vita Club yo muri Congo iwabo, aho azaba agiye kuyifasha gutaha izamu.

Vita Club ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo yahaye ikaze uyu musore wakinaga mu Ikipe ya Rayon Sports.

Manace Mutatu Mbedi ni umunye-Congo akaba yarakiniraga Rayon Sports mu mwaka ushize akaba yarakinnye no muri Gasogi United.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore yihaye gukubita sheri we ukina karate ahakura imbwa yiruka

Umuhanzi Bruce Melody yafashe urugendo ajya kwakira icyamamare muri muzika (Ifoto)