in

Breaking News: Rayon Sports WFC ntabwo ikibarizwa mu kiciro cya kabiri

Ikipe ya Rayon Sports y’abari n’abategarugori, nyuma yo gutsinda ibitego byinshi cyane amakipe yo mu kiciro cya kabiri mu bagore, ubu yahise izamurwa mu kiciro cya mbere.

Iyi kipe yazamuwe mu kiciro cya mbere, nyuma yo kunyagira ikipe ya Nasho WFC imvura y’ibitego 10-1.

Ni umukino wabereye ku kibuga cy’imyitozo cya Nzove, uba kuri uyu wa Gatandatu tariki 29 Mata 2023.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bihinduye isura! Kunganya kwa APR FC na As Kigali ndetse na Kiyovu Sports na Mukura VS bivuze iki kuri Rayon Sports mu gutwara igikombe cya shampiyona

APR FC na Kiyovu Sports zanze gusiga Rayon Sports – Dore uko urutonde rw’agateganyo rwa shampiyona ruhagaze