in

Breaking news: Kizigenza Cristiano Ronaldo ntakibarizwa ukundi mu bakinnyi ba Manchester United

Mu ijoro ryo ku wa kabiri, Cristiano Ronaldo ntabwo azahabwa umushahara na Manchester United nyuma yuko byatangajwe ko rutahizamu wa Porutugali yavuye muri iyi kipe ku bwumvikane bwihuse.

Ibi byatangajwe nyuma y’ikiganiro Ronaldo yagiranye na Piers Morgan kuri TalkTV mu cyumweru gishize aho yagabye ibitero simusiga ku mutoza Erik ten Hag, Glazers ndetse n’uburyo iyi kipe ikora.

Manchester United yashimiye Ronaldo ku misaruro yabagejejeho maze imwifuriza guhirwa aho azajya.

Amakuru yatangiye guhwihwiswa ko uyu rutahizamu Cristiano Ronaldo yifuza kujya mu ikipe ya Arsenal kuko abona ko ariyo kipe imeze neza.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Irebe ritatse umutima wanjye” amagambo umufasha wa Tom Close yavuze ku mwana wabo

Igikombe cy’isi: Australia yihaye kwataka u Bufaransa bubibyarira amazi nk’ibisusa!