in

Breaking news: Jimmy Gatete ari mu byamamare bitegerejwe i Kigali

Rutahizamu Jimmy Gatete wubatse izina mu Rwanda ndetse no muri africa mu bihe bya 2004, ategerejwe i Kigali mu gikombe cy’isi cy’abakanyujijeho.

Mu rwego rwo gukomeza kwitegura neza iki gikombe, tariki ya 12-14 Ukwakira 2022 mu Rwanda hazaba hateraniye ibihangange byakanyujijeho muri ruhago.

Muri ibyo bihangange harimo na rutahizamu wakanyujijeho mu ikipe y’igihugu Amavubi, benshi bitaga Imana y’ibitego, Jimmy Gatete.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Gahunda yo guherekeza mu cyubahiro Umubyeyi wa Meddy witabye Imana yashyizwe ahagaragara

Breaking news: Karim Benzema yegukanye igihembo gikomeye ku isi