in

Breaking News: Biravugwa ko Perezida wa FERWAFA yaba yeguye ku mirimo ye

Ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye hakomeje gusakara amakuru avuga ko Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, Ferwafa yeguye ku mirimo ye.

Nk’uko bitangazwa n’umunyamakuru Sam Karenzi abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter ngo biravugwa ko Perezida wa FERWAFA yeguye.

Biracyari ibivugwa nta rwego na rumwe rwari rwagira icyo rutangaza kuri ayo amakuru.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Uwicyeza Pamela n’umugabo we The Ben muri Uganda bahagize nko murugo – VIDIO

Amakuru areba buri munyarwanda wese uhaha