in

Breaking news: Arsenal na Manchester United biri kurwanira rutahizamu wa USA uri kubica bigacika mu gikombe cy’isi usanzwe ukina Chelsea

Hashize iminsi mike ikipe ya Manchester United itangaje ko itandukanye ma rutahizamu wo mo gihugu cya Porotigale Cristiano Ronaldo, kuri ubu amakuru ava muri iyi kipe aravuga ko yifuza rutahizamu ngenderwaho mu ikipe y’a Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Amakuru dukesha ikinyamakuru ESPN avuga ko ikipe ya Manchester United yiteguye kwinginga Christian Pulisic akaza kuyikinira nkintizanyo.

Manchester United, Newcastle na Arsenal byose byamenyeshejwe ko Pulisic ashobora kuboneka mugihe isoko ry’igura n’igurisha rizafungura, amakuru akomeza avuga ko abahagarariye uyu mukinnyi bifuza kumushakira ikipe nshya nyuma yimyaka ine asinyiye Chelsea kuri miliyoni 58 zama pound avuye muri Borussia. Dortmund.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza w’ikipe y’abafana benshi mu Rwanda yahagaritswe nyuma yo gutsindwa umukino wa shampiyona

Ku nshuro ya mbere Davido kuva yapfusha umwana yongeye kugaragara