in

NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Biteye agahinda: Yasutsweho Acid n’umugabo babyaranye ( Amafoto)

Mu ijoro ryo kuwa 6 mu murenge wa rugalika umukobwa yaratashye kuri muto asanga yakurikiwe n’umugabo babyaranye gusa kuri ubu batabana.

Mu gihe motto yarariho yahagaraga umukobwa yagerageje kwiruka yikubita hasi bamusukaho acid musaza we agerageje gukiza nawe imufata ku kuboko.

kugeza kuri ubu arwariye mu bitaro bya kaminuza y’u Rwanda Chic aho ameze nabi. Aba bombi bivugwa ko bapfa ko umugabo adashaka ko ari undi umutereta nubwo batabana.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Akumiro: ku myaka 16 y’amavuko yaryamanye n’abagabo barenga 400.

Umusore yakubiswe n’inkuba nyuma yo kubaza cherie we impamvu yasibye amafoto ye muri telefone ye