in

Bishobora no kugutera umugongo udakira: dore impamvu utagakwiye kuryama wubitse inda 

Akenshi uburyo waryamyemo hari ubwo bikugiraho ingaruka mu gihe ukangutse, bamwe babyuka bakanda umugongo cyangwa bataka ahantu hatandukanye.

Agaruka kuri iyi ngingo abinyujije kuri konti ye ya Instagram, umuhanga Dr Khanita usanzwe ari umuganga mu bitaro bya Maryland muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagize ati: ”Ese ujya uryama wubitse inda? Ukeneye gushaka indi miryamire mishya”.

Yakomeje avuga ko Kuryama wubitse inda, bituma ubyuka umugongo uri kukurya, bitera umunaniro ukabije by’umwihariko mu gihe ubyutse, kuryama wubitse inda, bituma urwara umugongo, ijosi ndetse n’ibituza bishobora kukurya cyane.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Reba ibyago bigutegereje niba uryama wubitse inda

Umugore wa Fatakumavuta yateje impagarara kuri Twitter kubera iryinyo rye