in

Biratangaje kubona Lionel Messi mu indangamuntu y’u Rwanda, abanyarwanda bakomeje gukora ibidasanzwe nyuma yuko Messi atwaye igikombe cy’isi(Amafoto)

Nyuma y’umukino wa nyuma w’igikombe cy’isi cya 2022 birangiye Lionel Messi na Argentina ye bakegukanye, abakunzi ba Messi ibyishimo bikomeje kubarenga kugeza naho bahise bamukorera indangamuntu y’abanyarwanda.

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gucicikana amafoto y’indangamuntu igaragaza Messi nk’umunyarwanda.

Gusa muby’ukuri izi ndangamuntu si zo byanyabyo kuko bizwi ko Messi avuka Muri Argentine, ibi bikaba byakozwe mu rwego rwo kugaragaza urukundo bamukunda.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Eric
Eric
1 year ago

Inyandiko mpumbano babahane abo

Amafoto; Inkuru igaragaza iminzani abafana ba Messi bapimiyeho Ronaldo bagasanga barabapfunyikiye umwuka nta kintu kirimo

Niyumvaga nk’aho ari icyanjye! imbamutima za Lionel Messi nyuma yo gutwara igikombe cy’isi no guca impaka zo kwibaza umwami wa ruhago