in

“Birabaye mu Mana”- Umusizi Rumaga uri mu bakunzwe yashoje kaminuza (Amafoto)

Umusizi Rumaga uri mu bafite izina rikomeye ndetse n’abakunzi benshi kubera ibihangano bye byakunzwe n’abatari bake.

Umusizi Rumaga umaze igihe gito ashyize hanze umuzingo w’ibisigo yakoranye n’abahanzi bakomeye mu Rwanda yamaze gusoza kaminuza.

Mu mafoto yasangije abakunzi kuri instagram yagaragaye ari kumwe n’umubyeyi we yishimira ko yashoje kaminuza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kanombe-Kicukiro:biteye ubwoba umugabo yasanzwe mu nzu iwe yateraguwe ibyuma byinshi

Umukobwa yishe ateye icyuma umuhungu w’imyaka 21 bakundanaga