in

Birababaje: umuryango wose waguye mu mpanuka bavuye mu bukwe

Umuryango w’umugabo , umugore n’abana bose bapfiriye rimwe ubwo bagwaga mu mpanuka bavuye mu bukwe.

Uyu mugabo n’umugore we ndetse n’abana babo bakomoka muri Nigeria bitabiye Imana umunsi umwe.Uyu mugabo n’umugore we ndetse n’abana babo bitabiye Imana umunsi umwe
Kelvin Uzochukwu na Agatha Chinyere Uzuegbu bivugwa ko bari mu modoka n’abana babo babiri ndetse n’abandi bantu babiri bo mu muryango wabo, ubwo bari munzira bataha ,ngo uyu mugabo yabonye umugore wambukaga umuhanda amukatira ashaka kutamugonga imodoka yabo yibirandura gutyo.

Uretse uyu mugabo n’abana be ndetse n’umugore we ,abandi bo mu muryango we ,ibinyamakuru byo muri Nigeria bivuga ko bakomeretse cyane ariko ntibitabe Imana, ubu bakabaa bari kwitabwaho mu bitaro bya Federal Medical Center (FMC).

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyo umuforomokazi yakoreye umubyeyi wari ugiye kubyarira muri twegerane byakoze ku mutima abatari bake (Video)

« Uri mwiza, ndakwikundira… » – Chiffa wakundanaga na Yvan Buravan yaciye impaka nyuma y’amafoto ye yagiye hanze