in

Ibi ntago ari ubumuntu; Umugabo yakubitiye abagore ku karubanda bambaye ubusa, ubwo yaramaze kubakorera igikorwa cya cyinyamanswa

Polisi yo mu Gihugu cy’u Buhinde yatangaje ko yataye muri yombi umwe mu bagabo bakubise abagore babambitse ubusa bamaze no kubasambanya ku gahato.

Abatuye muri Leta ya Manipur ko iryo hohoterwa rihagaragara ricika burundu.

Amashusho y’abagore babiri bakomoka mu bwoko bwitwa aba Kuki bakubitwaga n’itsinda ry’abagabo ryabanje kubambura imyambaro yabo, yasakaye ku mbuga Nkoranyambaga kuwa gatatu tariki ya 19 Nyakanga 2023.

Aya mashusho yatumye Abahinde biganjemo abagore bajya mu mihanda bagaragaza ko bifuza ko ihohoterwa rikorerwa abagore rigomba gucika burundu.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Iyi couple yaba irenze! Ihere ijisho amafoto y’indobanure y’icyizungerezi cyo muri Kenya cyateye imitoma Element -AMAFOTO

Ni ikihe kintu ushobora kumena, udashobora gufata? – IGISUBIZO