in

Bigenda gute iyo umukobwa yatakaje ubusigi bwe

Abakobwa batari bakora imibonano mpuzabitsina na rimwe babita isugi, iyo uwo mukobwa amaze guhura n’umugabo mu buriri atakaza ubwo busugi bwe. Muri iyi nkuru tugiye kureba ukuntu bigenda iyo umukobwa yatakaje ubusugi.

Atakaza amaraso

Umukobwa wese ukoze imibonano mpuzabitsina bwa mbere atakaza amaraso kuko hari igice kiba gifunguwe ku mubiri we.

Aba afite isoni

Iyo umukobwa amaze gukora imibonano mpuzabitsina ari ubwa mbere aba afite isoni z’ibyo avuyemo

Akunda cyangwa akanga icyo gikorwa

Umukobwa wese wakorewe neza imibonano mpuzabitsina akunda cyane icyo gikorwa mu gihe uwakigiriyemo ibihe bibi akizintukwa.

Aribwa mu nda

Hari abaribwa mu nda kubera haba hari ibintu bishya umubiri we uba wakiriye.

Ntitwakirengagiza ko hari n’abakobwa batakaza ubusugi bwabo badakoze imibonano mpuzabitsina binyuze nko kwicara ku igare cyane, gukora imyitozo ngororamubiri n’ibindi.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mugabo, dore uburyo wasoma umugore wawe akazana ububobere mbere yo gutera akabariro

Inkuru y’inshamugongo! Undi muhanzi yituye hasi ku rubyiniro ahita agagara