in

Inkuru y’inshamugongo! Undi muhanzi yituye hasi ku rubyiniro ahita agagara

Umuhanzi wari ukunzwe cyane mu njyana y’amapianno, ukomoka muri Afurika y’Epfo, Costa Tsobanoglou wamenyekanye nka Cota Titch, yitabye Imana.

Uyu muhanzi wari ukunzwe mu njyana ya ‘Amapiano’ yitabye Imana nyuma yo kugwa ku rubyiniro. Yapfuye ari mu gitaramo cy’iminsi ibiri cya Ultra South Africa cyaberaga ahitwa Expo Centre i Nasrec muri Johannesburg.

Urupfu rw’uyu muhanzi rwemejwe n’umunyamakuru w’icyamamare muri Afurika y’Epfo Kgopolo Phil Mphela, wavuze ko yitabye Imana.

Costa Titch yari afite imyaka 27. Ni umwe mu bari bagezweho mu bihangano bitandukanye birimo ibya ‘Amapiano’ agezweho ku isi. Akaba yari akiri umusore.

 

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bigenda gute iyo umukobwa yatakaje ubusigi bwe

“Ijuru ryari rigukeneye! Icyamamare cyo mu Rwanda cyababajwe bikomeye n’urupfu rw’umuhanzi waguye ku rubyiniro