in

“Bibaho ko uba inda*a, mama wawe yari mutima w’urugo” Shaddy Boo yibasiwe bikomeye n’abakoresha Twitter

Umufana yibasiye Shaddy Boo ku rukuta rwa Twitter nyuma y’amagambo Shaddy Boo yari amaze gutangaza ku mwana wa Gorge Weah wakanyujijeho muri ruhago agatwatara na Ballon d’or.

Shadia wamamaye nka Shaddyboo yifashe ajya ku rukuta rwe rwa Twitter agira ati: “Iby isi namayobera .Papa wawe akaba President wa Liberia ariko wowe ukaba umukinnyi wa USA 😁. Weah Tim.”

Nuko amaze kwandika ibyo umwe mu bafana be yahise amusubiza ati: “Bibaho ko uba indaya kandi mama wawe yari mutima w’urugo. Bibaho cyne.”

Undi ati: “Shaddy birashoboka cyane rwose nkuko ukirihitwa nabenshi arko kumenya ugusekeje nibyo nange binyobera ubigenzute wangu naho ibyuyumukinnyi birumvikana cyane ahubwo wowe ubigenzute kuvangura inzungu ninyafrica hhhh.”

Undi ati: “mama wae akaba umuvugabutumwa mucyumba cyamasengesho woe icyocyumba ukakigiraa icyogusambaniramo,iyisi namayobera koko.”

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore amayeri abasore badukanye atuma baryamana n’inkumi

Umuramyi Aline Gahongayire byinshi mu buzima bwe bukakaye yanyuzemo yivugiye ko yigeze gupfa maze arazuka