in

Batanu ntibabujije impala gucuranga! FERWAFA ibonye Perezida mushya mu matora yari urucabana gusa batanu bamuteye umugongo

FERWAFA ibonye Perezida mushya mu matora yari urucabana gusa batanu bamuteye umugongo.

Munyantwali Alphonse wari usanzwe uyobora ikipe ya Police Fc yagizwe Perezida mushya wa Ferwafa.

Yabaye Perezida nyuma yo gutorwa ku bw’iganze bw’amajwi 50, akaba kuri uyu mwanya yari umwe gusa.

Abantu batanu nibo bavuze oyo, mu gihe ijwi rimwe ryabaye imfabusa.

Agiye kuyobora FERWAFA imyaka ibiri yari isigaye kuri mandat ya Olivier Mugabo weguye.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ni gute wafata umuntu uri mu birometero birenga igihumbi uvuye aho uri? (Igisubizo)

Ateye ubusambo! Amafoto ya Kate Bashabe agiye hanze kano kanya arashimangira ibyo benshi bamwitirira byo (AMAFOTO)