in

Bamwe mu byamamare biganjemo abanyarwanda bababajwe n’urupfu rwa Costa

Ugiye ku mbuga nkoranyambaga z’abahanzi batandukanye bakomeye muri Afurika, bakubiswe n’inkuba, benshi bari gushyiraho ibimenyetso (emoji) bigaragaza akababaro batewe n’urupfu rwe.

Nadia Nakai wari umukunzi wa AKA nawe yagaragaje agahinda ke nyuma y’igihe gito umukunzi we AKA nawe yitabye Imana.

Abanyarwanda nabo hari abagaragaje agahinda kabo, Barimo Bruce Intore wamutumiye mu gitaramo Kivu Fest. Yanditse ati ’Uruhukire mu mahoro muvandimwe’.

Abandi harimo MadeBeats wamwifurije kugira iruhuko ridashira, n’abandi barimo nka Queen Cha.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yikundira abasore bagifite akabaraga! Zari Boss Lady n’umusore aruta baryohewe n’urukundo mu Barabu (AMAFOTO)

Ijisho bari bariturumbuyemo! Ngaya amafoto yerekana ukuntu 5k Etienne yahondaguwe n’ibisambo