in

Bagize ngo ni satani uje! Umugabo yinjiye mu kiliziya maze ajya kuri Aritari yiyambura imyenda ye yose ahita akora ibikomeje kwibazwaho na benshi

Umugabo yinjiye mu kiliziya maze ajya kuri Aritari yiyambura imyenda ye yose ahita akora ibikomeje kwibazwaho na benshi

Umugabo yatunguye abantu ubwo yiyamburaga imyenda ye yose kuri Aritari mu kiriziya mu rwego rwo kwamagana intambara ya Ukraine

Ibi byabereye muri kiriziya ya Mutagatifu Petero Iroma mu Butariyani hanyuma.

Uyu mugabo yaciye mu rihumye abashinzwe umutekano wa kiliziya maze ajya imbere akuramo imyenda yose asigara uko yavutse.

Ikinyamakuru Reuters kivuga ko amakuru cyahawe na Vatikani avuga ko uwo mugabo yari afite ubutumwa bwanditse busaba kurokora abana bo muri Ukraine bugarijwe n’intambara.

Uwo mugabo yahise ashyikirizwa Polisi yo mu Butariyani kugirango hatangire iperereza ngo harebwe icyateye uriya mugabo kwikuramo imyenda yose mu kiriziya kuri Aritari

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Nakwemera nkahomba igikombe ariko umwana ntasuzugure abanyarwanda” Mu burakari bwinshi cyane Perezida wa Rayon Sports avuze umwanzuro ukanganye yari gufatira abakinnyi bari bigumuye ku ikipe banze kujyana nayo

Ari wowe wabigenza gute? Yohereje umuryango we miliyoni 80 ngo bamwubakire umuturirwa none yasanze baramwubakiye ikimeze nk’ubwiherero bugezweho