in

Bagabo! Ubushakashatsi bwagaragaje uko wemenya umugore uryoshya imibonano mpuzabitsina urebeye ku minwa gusa

Stuart Brody umuhanga mu by’imitekerereze ya muntu yakoze ubushakashatsi bunyuranye ku bijyanye no gutera akabariro cyangwa imibonano mpuzabitsina harimo n’isano imiterere y’iminwa y’umugore ifitanye n’uburyo yitwara mu gitanda ndetse n’uko ashobora kugera ku byishimo bye byanyuma muri iki gikorwa.

Nyuma yo gukorera ubushakashatsi ku bagore 258 bafite imyaka 27, Brody yahamije ko iyi miterere y’iminwa ifitanye isano n’igikorwa cyo gutera akabariro. Bityo yemeza ko ushobora kureba iyi minwa ukamenya niba umugore ashobora kurangiza byoroshye.

Mu bushakashatsi bwe, Brody yavumbuye ko abagore bafite iminwa ifite igice cyo hagati(prominent tubercle) kibyimbye cyane bashobora kurangiza neza mu gihe umugabo yinjije igitsina cye gusa(Vaginal Orgasm).

Brody kandi yakuyeho urujijo ku bajyaga bavuga ko umugore witwara neza mu gitanda umubwirwa no kugira iminwa minini gusa kuko ik’ingenzi atari umurwa wose ahubwo igice cyavuzwe haruguru.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ijisho bari bariturumbuyemo! Ngaya amafoto yerekana ukuntu 5k Etienne yahondaguwe n’ibisambo

Indirimbo Shakira yaririmbye atuka Pique yashyizwe muri Guinness World Records