in

Bagabo murarye muri menge: Umugore yatawe muri yombi nyuma y’igihe yakira amafaranga y’indezo y’umwana umwe atangwa n’abagabo umunani bose abizeza ko umwana ari uwabo

Bagabo murarye muri menge: Umugore yatawe muri yombi nyuma y’igihe yakira amafaranga y’indezo y’umwana umwe atangwa n’abagabo umunani bose abizeza ko umwana ari uwabo

Umugore yafashwe nyuma y’uko bimenyekanye ko yakira amafaranga y’indezo y’umwana umwe, avuye ku bagabo umunani (8), buri umwe muri bo azi ko umwana ari uwe, bikaba byarabereye muri muri Afurika y’Epfo.

ayo mafaranga yose Nancy yakiraga, yayakoresheje mu kwiyubakira inzu nziza igezweho.

Mu gihe cyo gufatwa kwe, ngo basanze ahugiye mu byo kwiyubakira akabari ko gucururizamo inzoga, kuko inzu yo yari yaruzuye.

Uwo mugore yakiraga amafaranga y’abo bagabo bose mu myaka 12, byitwa ko ari ayo gutunga umwana no kumwishyurira ishuri, ariko we ngo yayakoresheje mu byo kwiyubakira inzu n’akabari.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Vestine na Dorcas bagiye gutitiza inkuta zo muri Canada

Impanuka ikomeye y’ubwato yabereye mu Kivu