in

Impanuka ikomeye y’ubwato yabereye mu Kivu 

Impanuka ikomeye y’ubwato yabereye mu Kivu

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri tariki 23 Gicurasi 2023, ubwato butwaye imizigo buva mu Rwanda bujya muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), bwakoreye impanuka mu Kiyaga cya Kivu ku ruhande rw’u Rwanda, umwe aburirwa irengero.

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri tariki 23 Gicurasi 2023, ubwato butwaye imizigo buva mu Rwanda bujya muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), bwakoreye impanuka mu Kiyaga cya Kivu ku ruhande rw’u Rwanda, umwe aburirwa irengero.

Abarobyi bakoreraga aho hafi bavuga ko ubwo bwato bwari bwikoreye sima n’inzoga buvanye mu Rwanda, harimo n’abakozi batanu. Abo barobyi bavuga ko bwari bwikoreye ibintu byinshi bwinjirwa n’amazi, umuntu umwe ararohama naho abandi bashobra gutabarwa.

Bamwe mu barobyi bavuga ko babubonye bava kuroba, batabara abantu ariko ibyo bwikoreye bigwa mu mazi.

Amakuru avuga avuga ko abarokotse impanuka ntakindi kibazo bagize.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bagabo murarye muri menge: Umugore yatawe muri yombi nyuma y’igihe yakira amafaranga y’indezo y’umwana umwe atangwa n’abagabo umunani bose abizeza ko umwana ari uwabo

“Iyo baza kumpa iriya modoka ngewe nari kurara nyikuyeho amapine n’anayitwitse” bamenya asobanuye byose byihishe inyuma y’imodoka yahawe Bahavu Jannette