in

Bad Rama yateye abakunzi be agahinda nyuma yo gutangaza indwara arwaye nubwo bamwe batangajwe nayo

Bad Rama washinze sosiyete ifasha abahanzi ya ‘The Mane Music’, yahishuye ko arwaye indwara y’agahinda gakabije ndetse ku bwe asanga akeneye abaganga bo kumwitaho.

Bad Rama yavuze ko iyi ndwara y’agahinda gakabije yayitewe n’imfu zikurikiranye z’inshuti ze noneho bihumira ku mirari ubwo yapfushaga Se.

Ati “Agahinda gakabije mfite, ak’umubyeyi ko karabishwanyaguje numva Isi inyikubiseho birarenze. Mfite agahinda rwose mba numva mu mutwe wanjye nkeneye abaganga.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Keza Terisky udahwema kuvugwa kumbuga nkoranyambaga agarukanye imbyino zidasanzwe n’umwana we uri mu nda -Videwo

Videwo:Muyango mu mwenda wa gisirikare yongeye gutungurana ubwo yerekanaga imbyino ashoboye kubyina yatangaje benshi