in

Aya magambo nuyakoresha uzabasha kwigarurira umutima w’uwahoze ari umukunzi wawe .

Amagambo yagufasha kongera gukundana n’uwo mwahoranye . Imitoma yafasha abatandukanye kongera gusubirana Niba waratandukanye n’umukunzi wawe ukaba ushaka ko akugarukira, mubwire aya magambo urebe ngo arakugarukira mu gihe gito nta kuzuyaza.

Aya magambo n’uyakoresha uzabasha kwigarurira umutima w’uwahoze ari umukunzi wawe mu gihe gito kuko azamutera kwibaza no gutekereza byinshi ku rukundo rwanyu:

  • Ni gute byangendekeye koko Nkakureka ukajya kure yanjye Kandi nari ngufite mu biganza byanjye ?
  • Ndifuza ko wangarukira Ariko ndabona igihe kinsiga Kuko namaze kugusezerera Urukundo rwacu rukitwa urwango.
  • Nta wundi mutuzo nsigaranye Gusa amakosa yose ndayicuza Ugarutse byibura nakongera ngatuza Nkagumuna nawe ubuziraherezo.
  • Ibyabaye byose ndabyicuza Kuko nzi ko ari njye ntandaro ya byose Nakugaragarije ubwana mu rukundo Kandi nari kwitwara nk’abakuru Ndacyagukunda ni ukuri Ariko nta n’umwe ubizi Kuko tutakiri kumwe Kubw’inzira ingoye nahisemo.
  • Nafashe umwazuro mubi None ubu ngukeneye hafi yanjye Ukava kure yanjye Ugahora iteka iruhande rwanjye Mbabarira ugarukire mukunzi Ubashe kundamira ntsikiye Kuko ngukeneye muri njyewe Kurusha byose mbona aha ku isi.

Niba ushaka umukunzi kanda kuri iyi link ukurikize ibisabwa:http://yegob.rw/dating

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

CHAN2020: Amavubi ntabashije kurenga 1/4 nyuma yo gutsindwa na Guinea.

Umukunzi wa DJ Ira yamaze kumusimbuza undi mukobwa w’uburanga (AMAFOTO)