in

“Ataye ikipe ariruka?” Perezida wa Kiyovu Sports Ltd ari gukinwa ku mubyimba nyuma y’igikorwa yakoze gitunguranye

“Arayitaye ariruka?” Perezida wa Kiyovu Sports Ltd ari gukinwa ku mubyimba nyuma y’igikorwa yakoze gitunguranye.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri nibwo inkuru yabaye kimomo ko Perezida wa Kiyovu Sports Ltd yerekeje hanze y’u Rwanda.

Mvukiyehe Juvenal yerekeje mu gihugu cy’u Bubiligi aho asanzwe afiteyo ibikorwa bigiye bitandukanye.

Nyuma yo kumva uyu muperezida yigendeye, Tuyishime Placide uzwi nka Trump yamukinnye ku mubyimba.

Mu butumwa bwatangajwe na Lorenzo kuri Twitter ye, Trump yashimangiye ko Juvenal yataye ikipe.

 

 

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wagira ngo yakinnye karate: Irebere ifoto y’umuhanzikazi Sheebah Karungi yipanze nk’umukaratika (Ifoto)

Inkuru nziza ku bakunzi b’ikipe ya Arsenal