in

APR FC mu mazi abira: Abakinnyi b’ikipe ya Gaadiidka FC bakoze ibisa nko kwishongora kuri Gitinyiro bifashishije amagambo y’i Kinyarwanda abantu bikangamo

APR FC mu mazi abira: Abakinnyi b’ikipe ya Gaadiidka FC bakoze ibisa nko kwishongora kuri Gitinyiro bifashishije amwe mu magambo y’i Kinyarwanda abantu bikangamo.

Abakinnyi b’ikipe ya Gaadiidka FC bifashishije amwe mu magambo agize ururimi rw’i Kinyarwanda basabye abakunzi b’umupira w’amaguru kuza kureba umukino bazakiramo APR FC kuri Kigali Pele Stadium bari kumwe n’abantu bose bo mu miryango yabo kubera ko biteguye kubaha ibyishimo bitavangiye no kubereka umupira wo ku rwego rwo hejuru.

Aba bakinnyi ba Gaadiidka FC basoje basaba abafana kuzaza kureba uyu mukino ari benshi cyane gusa abantu bagiye batangazwa n’icyizere bakomeje kugaragaraza ko bifitiye bitewe n’uko iyi kipe bamwe mu bakunzi b’umupira w’amaguru hano mu Rwanda bayifata nk’ikipe iciriritse cyane.

Amwe mu magambo abantu bagiye batangaza nyuma yo kumva amagambo abakinnyi b’ikipe ya Gaadiidka FC yo muri Somalia batangaje:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Humura Prince Kid araguhoza! Miss Iradukunda Elisa ari mu gahinda gakomeye ko gucika kimwe mu bice akunda cyane bigize umubiri we -IFOTO

“Ko mbona no mu buriri yaba MVP ra!” Umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda yatumye abagabo bacika ururondogoro nyuma yo kwifotoza mu buryo bumeze nk’aho ari gutera akabariro (AMAFOTO)