in ,

APR FC itsinzwe nk’idahari Thierry Froger yerekana ko nta bushobozi, Victor Mbaoma ahabwa igihembo cyidasanzwe

APR FC itsinzwe nk’idahari Thierry Froger yerekana ko nta bushobozi, Victor Mbaoma  ahabwa igihembo cy’umukinnyi waguze imyitwarire myiza mu mukino ahabwa asaga ibihumbi 200 by’amashiringi.

Ni imikino ikipe ya APR FC yakinnye kuri uyu wa mbere muri Mapinduzi Cup ariko itangiye nabi itsindwa ibitego 3-1 n’ikipe ya Singda fountain Gate nubwo ari yo yabanje igitego cya mbere.

Ikipe ya APR FC yatangiye itsinda igitego cyatsinzwe na Mbaoma ariko ntabwo byigeze bimara igihe kinini kuko uwitwa Hervis Lupia yahise yishyura ndetse hajyamo n’ibindi kugeza bibaye 3-1.

Ikipe ya APR FC umukino ukurikiye izakina n’ikipe ya Simba SC, ikibazwa ni ibitego naho ishobora gutsindwa mu gihe itsinzwe na Singda fountain Gate benshi bemeza ko idakomeye cyane.

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

APR FC ishobora kwisanga igayitse bikomeye nishaka kwirengagiza cyangwa abakunzi bayo bakongera kugira icyizere

Azabagora! Umukinnyi watandukanye na Rayon Sports nyuma yo kuyihesha ibikombe yatangaje amagambo akomeje kuvugisha benshi