in

Apotre Mutabazi yavuze agahinda yahuye nako gakomeye ubwo yari akennye

Umuntu wamenyekanye nka Apotre Mutabazi, ubundi amazina ye asanzwe ni  Mutabazi Kabarira Maurice, akaba ari Umuyobozi w’itorero rya Kingdom Citizens, ndetse n’umwanditsi ukomeye.

Ubwo yari mu kiganiro na The Choice Live yatangajeko yababajwe bikomeye n’ukuntu yigeze guhagarikwa na Polisi kubera imodoka ishaje.

Apotre Mutabazi yatangajeko abantu badakwiye kwita ku modoka ya Benz afite, abubwo atangazako hari n’indi modoka yari afite yagendaga icumba inyuma bikabije.

Ngo umunsi umwe ari kugenda muri iyo modoka, yaje guhagarikwa na Polisi imubaza nimba yaba agendana igikoni mu modoka ye, bitewe n’ukuntu yacumbaga birenze urugero.

Apotre Mutabazi atangazako ari icyintu cyamubabaje biteye ubwoba.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dj Bissosso byamurenze agisoma kuri propoto igikoma cyo muri Central Africa

Umuhanzi Bushali yavuze igituma atajya atangaza itariki y’amavuko