in

Apôtre Dr Paul Gitwaza yakoreye imigenzo ya giKristu kuri bamwe mu bakinnyi b’Amavubi, abaturiraho gutwara igikombe cy’isi(Amafoto)

Mu masengesho yateguwe n’umushumba Mukuru w’Itorero Zion Temple Celebration Center ku Isi, Apôtre Dr Paul Gitwaza, yasutse amavuta ku bakinnyi batandukanye b’amakipe arimo nka Rayon Sports, Gasogi United n’andi.

Ibi yabikoze asaba Imana kubuzuza imbaraga, kubakoresha bakazanira ishema igihugu kugeza ubwo u Rwanda ruzagira igihe rwinjire mu gikombe cy’Isi, n’igikombe bazakizane muri iki gihugu.

Aya mashusho yiswe “Cross Over” yabaye mu ijoro rya kuwa 31 Ukuboza 2022 ndetse yambukiranya umwaka agera muri 2023′ Abakristu ba Zion Temple bateraniye mu nyubako y’imyidagaduro ya BK Arena.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

BIDASUBIRWAHO! Gusinzirira ahantu hatabugenewe ni icyaha gihanwa no gutanga amafaranga ibihumbi 807 Frw ,ugafungwa iminsi 15

Umukinnyi ukomeye agarutse muri APR nyuma y’umwaka ayivuyemo