in

Antoine Griezmann arifuza gukina muri Amerika

Rutahizamu w’ikipe ya Fc Barcelone Antoine Griezmann yatangajeko nyuma ya Fc Barcelone yifuza guhita yigira gukina muri MLS Championat yo muri Leta zune ubumwe z’Amerika.

Mu Kiganiro yagiranye na Los Angeles Time, Griezmann akaba yatangajeko afite inzozi zo gukina muri MLS. “Sinzi ikipe nzakinamo, gusa nifuza gukina muri MLS. Intego yanjye nugusoreza umupira w’amaguru muri Amerika, bigenze neza nazakina mu ikipe ihatanira ibikombe. Gusa mbere yaho ndashaka kubanza gutwa La Liga ndetse na Champions League muri Barca. Ndetse n’igikombe cy’isi 2022, nyuma nkahita mbona kujya muri MLS.

 

 

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore ushinjwa kwiba “Miss World” $2,000 yagejejwe mu rukiko i Nairobi

Miss Jordan Mushambokazi yerekanye umukunzi we