in

Anitha Pendo yatangaje ikintu gikomeye umugabo we yamubuze sigishoboke

Umushyushya rugamba akaba n’umuvanzi w’imiziki ukomeye hano mu Rwanda Anitha Pendo yatangaje ikintu umugabo we atatinyuka kumubuza uko byagenda kose.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri Anitha Pendo yatangaje ko umugabo we ntiyatinyuka kumubuza gukoresha urubuga rwa Instagram ngo bishoboke gusa ngo kereka ayikoresha mu bintu bidafite umumaro.

Anitha Pendo ibi yabitangaje mu kiganiro akora buri munsi guhera saa kumi n’ebyiri zamugotondo kikageza saa tatu kuri Magic FM. Uyu mu mama akorana n’umunyarwenya ukomeye cyane hano mu Rwanda Japhet.

Iki kiganiro aba bombi bakora kishimirwa na benshi bitewe nuko kibamo inyigisho kandi zishimishije bigafasha abantu kuruhuka.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hasohotse amashusho ya Davis D ari gusundisha umukobwa mu ruhame (Videwo)

Abakinnyi babiri bitwaye neza ku mukino wa US Monastir bemerewe akayabo n’ubuyobozi bwa APR FC