in

Anita Pendo yagize icyo avuga ku majwi y’ubusambanyi yagiye hanze bivugwa ko ari aye

Umunyamakuru akaba n’umushyushyarugamba, Anitha Pendo yavuze kuri aya majwi, ashimangira ko na we yayumvise gutyo gusa.

Ati “Ndabizi mwese wari mutegereje kumva icyo mbivugago […] Iyo ugerageje kugira ngo wisobanure, uvuge […] mu nzego bitareba, nta kintu byakumarira uretse kubyongeza umuriro.”

“Niba nshaka kugira ngo ikibazo gikemuke ndajya muri RIB, inzego zibishinzwe zimfashe, mbikurikirane nicecekeye, niturije.”

Anitha Pendo avuga ko kuri we ibintu ashyira ku mbuga nkoranyambaga ze atajya asubira inyuma ngo ahangane cyangwa asubizanye n’ababitangaho ibitekerezo, byaba bibi cyangwa ibimwibasira.

Ati “Ariko kujya hariya ngo ngiye guhangana, nisobanura, nta kintu na kimwe bijya bitanga.”

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzikazi nyarwanda umaze kubaka izina yagaragaye ari kumansura yambaye ubusa hejuru(Videwo)

Abajura 2 bari bibye SACCO barashwe