in

Andy Bumuntu yifurije isabukuru nziza y’amavuko mushiki we w’ikizungerezi mu magambo y’ubusizi(Amafoto)

Umuhanzi nyarwanda Kayigi Andy uzwi ku mazina ya Andy Bumuntu yifurije mushikiwe isabukuru nziza y’amavuko akoresheje amagambo yuzuyemo ubusizi.

Yagize ati “Isabukuru nziza mushikiwanjye muto Kay Deborah, uri umunyamugisha umuvandimwe arakwishimiye kandi aracyafite uburinzi.

Imiryango imeze nkamashamiku giti. Dukura mu byerekezo gitandukanye. Nyamara imizi yacu ikomeza kuba imwe. Wite ku muryango wawe”.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Gisagara: Umuhanda wacitsemo kabiri kuburyo bukomeye cyane

Igikombe cy’isi: Morocco itahabwaga amahirwe ikubitiye Espagne mu gafuka